0783515900:Kwiyandikisha kujya gutura USA muri 2022 birakomeje ;banguka tukwandike!

Green card cyangwa DV PROGRAM[ Diversity VISA PROGRAM] ni gahunda ya USA iha amahirwe abantu 55,000 baturutse mu mpande zose z'isi. Gusa igihugu gifite abantu bagikomokamo baba muri USA bagera kuri 55,000 bahita batakaza amahirwe yo kwiyandikisha. iyo ufite GREEN CARD bigufasha kuba muri USA burundu, ukagira uburenganzira bwo gukora yo no kwiga. - Green card igufasha kubona ubwenegihugu bwa USA - Kugira ubwenegihugu bwa USA biguha uburenganzira bwo kujya mu bihugu 150 itaze VISA - Umuntu warangije amashuri 6 yisumbuye kuzamura niwe wemerewe gukora application cg afite uburambwe bw'imyaka 2 y'imirimo y'umwuga [professionel] - Muguhitamo abahabwa amahirwe , hakoresha ikoranabuhanga rihanitse, agakosa gato gatuma ubura amahirwe - Ese wari uziko mu bagiye kuba muri USA, nkuko babyivugira akazi baba bakora kose bab a bahembwa kuva 8$ kuzamura ku isaha 1. - Icyo abantu batekereza[ Bamwe batekereza ko bashobora kwikorera application ariko bashora kutayikora neza kuko ibintu byose dute…
Read more
  • 0

Dore urutonde rwa Service 8 TURIGUTANGIRA kuri murandasi(ONLINE SERVICE)

Dore urutonde rwa Service 8 TURIGUTANGIRA kuri murandasi(ONLINE SERVICE) #1. NETFLIX : Muri iki gihe abanyarwanda tumaze mu rugo mu rwo rwoguhashya ikwirarakwira rya COVID-19 , mu rwego rwo kwirinda kurambwirwa , TUGUFASHA KWISHYURA ONLINE kuri NETFLIX ukabona Abonnement y’Ukwezi kose ureba amafilimi agezwe ku isi. Zirikana ko bene izi filim ziboneka mu cyongereza or mu gifaransa ,ntaziboneka mu Kinyarwanda, Ese bikorwa bite: wohereza amafaranga twumvikanye Kuri mobile Money (0783515900) iyo umaze kuyohereza mu gihe gito duhita twishyura ugahita utangira kureba. Kuri NEFLIX habaho n’amafilimi y’abana. Ese ni iki gikenerwa ngo urebe ayo mafilimi yo kuri NETFILIX : TABLET, SMART TV, LAPTOP OR DESKTOP , gusa biba byiza ufite internet nziza yihuta. #2. GUHAHA muri Kigali ukoresheje urubuga www.drivermate.rw , urwo rubuga usangaho ibiribwa, amayoga , imboga,….. bikenewe by’ibanze. Iyo ugize ibyo ushima tugufasha kubikugezaho mu rugo rwawe. #3. Kugukorera E-commer…
Read more
  • 0

Inama 11 zagufasha gukoresha neza amafaranga mu gihe dukomeje guhangana n’icyorezo cya COVID-19

Ni gute nkwiye gukoresha amafaranga mu gihe dukomeje guhangana n’icyorezo cya COVID-19 Muri ino minsi ku isi yose abantu bahangayikishijwe n’icyorozo kiswe Coronavirus (covid-19) bityo amaleta n’amaguverinoma yagiye afata ingamba zo kurinda abaturage kuba bakwandura icyo icyorezo, hakubiyemo n;igihugu cyacu cy’u Rwanda. Nyuma yo kubona ko hafashwe ingamba zo kwirinda, dushishikarizwa ku guma mu rugo, si ukuvuga ko twese twari twiteguye dufute amafaranga ahagije yo gukomeza kudutunga mu gihe cyateganyijwe kuba abantu basubira mu mirimo yabo ya buri munsi. Ariko menya uko wakorasha amafaranga make ufite ukabasha gukomeza gusunika ubuzima. #1. Haha ibiribwa biramba kandi warya igihe kirekire. *Muri ibyo biribwa twakubwira kugura ibigori by’impungure n’ibishyimbo: bene ibyo biribwa kubiteka ntibasaba ibirungo byinshi kuko ushobora no kubirya washyizemo umunyu gusa kandi ukabirya ubizima bugakomeza. Ikiza cyabyo biraramba kandi ku birya ntibirambirana. * Teka isombe niba…
Read more
  • 0

Menya uburyo bwizewe bwo Gukoresha Hand sanitizer mu rwego rwokwirinda COVID-19

Menya uburyo bwizewe bwo Gukoresha Hand sanitizer mu rwego rwokwirinda COVID-19 Coronavirus ihangayikishije isi ndetse ikaba yaranageze mu Rwanda, bityo rero hashizweho ingamba zo kuyirwanya . muri zo ngamba hakaba harimo no gukoresha hand sanitizer mu kuyisiga mu ntoki ikabasha kwica iyo virus bigatuma idakwirakwira. Bityo reba ku ifoto witegereze neza uko uzaza ubigenza. Ufite imodoka,inzu,computer,ibikoresho byo mu rugo,nibindi, singombwa gutunga ibintu udakeneye,kandi twagufasha kubigurisha , ushobora kubyohereza kuri 0783515900
Read more
  • 0

Ni izihe ndamukanyo zemewe n’umuryango w’abibumbye wita ku buzima(WHO) zitanduza coronavirus.

Ni izihe ndamukanyo zemewe n’umuryango w’abibumbye wita ku buzima(WHO) zitanduza coronavirus. Mu buryo bwo kwirinda ikwirakwizwa rya coronavirus: ni iby’ubwenge kwirinda kuramukanya dukoranaho. #1.gufata ibiganza ukabirebanya ,maze ukabishyira imbere y’igituza bireba hejuru #2.kubika umutwe(a nod):ufata umutwe ukawubika ,uwo uramukije nawe yubika umutwe mutegeranye. #3.Gupopera(wave):ufata ikiganza ukakizunguza,n’uwo uramutsa akagusubiza akizunguza mutegeranye. Izi ndamukanye zemeje n’ishami n’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima WHO. Izo ndamukanyo ziboneka ku ru buga rwabo. Ushobora kuzireba ku ifoto ku rubuga rwacu www.kigalilife.co.rw Nubwo twugarijwe n’icyorezo cya COVID-19 ushobora, ushobora gukenera amafaranga yo gukoresha ugura bimwe byakurinda kwandura , ugurisha bimwe mubikoresha utunze utagikoresha. Niba ubifite twandikire kuri Whatsapp 0783515900 , sura www.kigalilife.co.rw ugure ibyo ukeneye.
Read more
  • 0